Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwizeje ubufasha urubyiruko 49 ruvuye kugororerwa Iwawa
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kirehe bwakiriye urubyiruko 49 rwarangije gahunda y'igororamuco mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa, nyuma yo kumara umwaka n'amezi...
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kirehe bwakiriye urubyiruko 49 rwarangije gahunda y'igororamuco mu Kigo Ngororamuco cya Iwawa, nyuma yo kumara umwaka n'amezi...
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kirehe bwasabye abakoresha bo mu rwego rw'abikorera guha urubyiruko rufite ubumuga amahirwe angana n'ay'abandi mu kubona akazi,...
Mu gihe Akarere ka Kirehe gakomeje kwiyongera mu musaruro w’amafi ava mu biyaga, mu mugezi w’Akagera no mu byuzi bihangano...
Ingabo z'u Rwanda (RDF) zinjije ku mugaragaro icyiciro gishya cy'urubyiruko rw'abahungu n'abakobwa binjiye mu ngabo nyuma yo kurangiza neza amahugurwa...
Ubuyobozi bw'Akarere ka Kirehe bwasabye Komisiyo y’Iterambere ry’Ubukungu n’Imari muri Sena kubakorera ubuvugizi kugira ngo igiciro cy’amashanyarazi akoreshwa mu byanya...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Kirehe bwahembye imirenge, utugari n’imidugudu byagaragaje umusaruro ushimishije mu gukusanya imisoro n’amahoro mu mwaka w’ingengo y’imari wa...
Bamwe mu rubyiruko rugera kuri 25,506 biteganyijwe ko bazitabira gahunda y’Intore mu biruhuko mu Karere ka Kirehe, baravuga ko iyi...
Koperative COOPRIKI-Cyunuzi ihuriweho n’abahinzi bo mu turere twa Ngoma na Kirehe bahinga umuceri mu gishanga cya Kibaya-Cyunuzi, yishyuriye abanyamuryango bayo...
Mu gishanga cya Kibaya-Cyunuzi giherereye hagati y'Uturere twa Ngoma na Kirehe hatangijwe umushinga wo kwagura ubuso buhingwaho umuceri hongerwaho hegitari...
Abahinzi b’urutoki bo mu Murenge wa Mushikiri, Akarere ka Kirehe, barasaba gushakirwa amasoko y’umusaruro wabo umaze kwiyongera, bavuga ko igabanuka...
© 2025 MUHAZI YACU