Meya Mbonyumuvunyi yasabye abaturage kurangwa n’ubumwe n’umurimo unoze
Abaturage b'Akarere ka Rwamagana basabwe gukomeza kwimakaza ubumwe, gukunda umurimo, kuwunoza no kuraga urubyiruko indangagaciro z'Ubunyarwanda, nk'inzira yo gukomeza guteza...
Abaturage b'Akarere ka Rwamagana basabwe gukomeza kwimakaza ubumwe, gukunda umurimo, kuwunoza no kuraga urubyiruko indangagaciro z'Ubunyarwanda, nk'inzira yo gukomeza guteza...
Urubyiruko 100 rwo mu Karere ka Rwamagana rwari rumaze igihe mu Kigo cy'Igororamuco cya Iwawa rwarangije amasomo y'igororamuco aherekejwe n'amahugurwa...
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rwamagana bwasabye abaturage gufata ingamba zo kwitegura imvura y'umuhindo, bubakangurira gukumira ibiza bishobora kwangiza ibikorwa remezo, imyaka...
Urubyiruko rwibumbiye mu matsinda y'aborozi b'inkoko mu Kagari ka Ntunga no mu Kagari ka Bicumbi, Umurenge wa Mwulire mu Karere...
Abaturage bo mu Murenge wa Nyakariro, Akarere ka Rwamagana, bavuga ko kuba badafite isoko ry'umurenge bibatera igihombo gikomeye, kuko biba...
Ubuyobozi bw'Akarere ka Rwamagana burakangurira abaturage bose batarishyura ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé) kubikora mu gihe cya vuba bwatangiye...
Abaturage bo mu Murenge wa Nyakariro, mu Karere ka Rwamagana, bavuga ko bahisemo kuticara bategereje ubuyobozi ngo bubakemurire ikibazo cy'umuhanda...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y'Ubutegetsi bw'Igihugu (MINALOC), Kayisire Marie Solange, yakanguriye abaturage bo mu Murenge wa Nyakariro kwirinda inzoga...
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y'Urubyiruko n'Iterambere ry'Ubuhanzi, Ishungure Parfait, yavuze ko imyitwarire myiza ari ishingiro ry'ubuzima bwiza n'iterambere rirambye, asaba...
Umuryango ADEF watanze amabati 480 yo kubakira abatishoboye mu Karere ka Rwamagana mu rwego rwo gushyigikira gahunda za Leta zo...
© 2025 MUHAZI YACU