MUHAZI YACU
  • AHABANZA
  • Amakuru
  • Ishoramari
  • Ubukerarugendo
  • Ubuhinzi & Ubworozi
  • Siporo & imyidagaduro
Nta gisubizo
Reba ibisubizo byose
MUHAZI YACU
  • AHABANZA
  • Amakuru
  • Ishoramari
  • Ubukerarugendo
  • Ubuhinzi & Ubworozi
  • Siporo & imyidagaduro
MUHAZI YACU
Nta gisubizo
Reba ibisubizo byose

Rwamagana: Amafoto ya Kiliziya izatahwa na Papa wa Orthodox wenda kuza mu Rwanda

MUHAZIYACUYanditswe na MUHAZIYACU
24/10/2022
Ni Kiliziya nini kandi yisanzuye

Ni Kiliziya nini kandi yisanzuye

Hashize iminsi mike hamenyekanye amakuru ko Papa wa Alexandria na Afurika mu idini y’Aba-Orthodox , Theodoros II agiye gusura u Rwanda mu rwego rwo kwagura iri dini ndetse no gutaha kumugaragaro urusengero rwabo bubatse mu Karere ka Rwamagana.

Ni uruzinduko byari biteganyijwe ko ruba tariki ya 20 Ukwakira 2022, gusa MUHAZIYACU yamenye amakuru ko rwimuwe kuko imirimo yo kuzuza urusengero itari yarangira bikaba biteganyijwe ko bazarutaha kuwa 27 Ukwakira 2022.

Biteganyijwe ko uyu muyobozi azanagira uruhare mu bindi bikorwa bitandukanye by’iri dini mu Rwanda nko kuganira n’abayobozi bakuru b’igihugu ibikorwa by’ubugiraneza n’ibindi byinshi.

Kiliziya ya Orthodox yemerewe bwa mbere gukorera ku butaka bw’u Rwanda mu 2013. Yatangiriye mu karere ka Kirehe ahitwa mu Kaziba. Kugeza ubu ifite abayoboke babarirwa hagati y’ibihumbi birindwi n’umunani.

Paruwasi ya Rwamagana ni imwe mu zubatswe neza hagamijwe gushing imizi mu Rwanda no kwagura ibikorwa byabo, MUHAZIYACU kuri ubu igiye kubereka amafoto y’urusengero uyu muyobozi azataha kumugaragaro.

Ni Kiliziya nini kandi yisanzuye
Yubatswe mu Murenge wa Kigabiro

 

 

 

Sangiza iyi nkuru:

  • Tweet
  • Share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Share on Telegram (Opens in new window) Telegram
  • Share on Reddit (Opens in new window) Reddit
  • Share on Tumblr
  • Email a link to a friend (Opens in new window) Email
  • Print (Opens in new window) Print
Sangiza kuri FacebookSangiza kuri XSangiza kuri Whatsapp

UMWANDITSI

MUHAZIYACU

MUHAZIYACU

Izo bijyanye

Impanuka zo mu muhanda 98% ziterwa na Moto
Amakuru

Impanuka zo mu muhanda 98% ziterwa na Moto

27/07/2026
Ngoma: Umubyeyi yapfiriye mu murima, abaturage basabwa kudakerensa uburwayi
Amakuru

Ngoma: Umubyeyi yapfiriye mu murima, abaturage basabwa kudakerensa uburwayi

27/07/2026
Bugesera: Kanyange wa BCT yegukanye ‘Rwanda Youth Racing Cup 2026’ mu bakobwa
Amagare

Bugesera: Kanyange wa BCT yegukanye ‘Rwanda Youth Racing Cup 2026’ mu bakobwa

27/07/2026
Bugesera: Abanyeshuri ibihumbi 37 batangiye  Gahunda Nzamurabushobozi
Uburezi

Bugesera: Abanyeshuri ibihumbi 37 batangiye  Gahunda Nzamurabushobozi

27/07/2026

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Inkuru ikurikira
Gatsibo: Imvura idasanzwe yashenye inzu yangiza n’ibirimo ibikorwaremezo

Gatsibo: Imvura idasanzwe yashenye inzu yangiza n’ibirimo ibikorwaremezo

MUHAZI YACU

© 2025 MUHAZI YACU

ABO tURIBO

  • Abo Turibo
  • Twandikire

Dukurikire

Nta gisubizo
Reba ibisubizo byose
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Ubukerarugendo
  • Mu Mafoto
  • Siporo & imyidagaduro
  • Abo Turibo
  • Twandikire

© 2025 MUHAZI YACU