Twizihize Umuganura ariko twiyemeza kunoza ibyo dukora kurushaho- Meya Kakooza Henry
Abaturage b’Akarere ka Nyagatare basabwe kwizihiza Umuganura bazirikana ko ari umwanya wo kwishimira ibyo bagezeho, ariko banishyiriraho intego nshya zo...
Abaturage b’Akarere ka Nyagatare basabwe kwizihiza Umuganura bazirikana ko ari umwanya wo kwishimira ibyo bagezeho, ariko banishyiriraho intego nshya zo...
Mu gihe Akarere ka Nyagatare karimo kwitegura igihembwe cy’ihinga cya A 2027, hegitari zisaga 33,000 ziteganyijwe kuzakorerwaho ubuhinzi busigasira ubutaka...
Koperative KABOKU ikorera ubuhinzi mu kibaya cya Kagitumba, mu Murenge wa Matimba, Akarere ka Nyagatare, yashyikirijwe ibikoresho bigezweho byifashishwa mu...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare burakangurira abaturage kwihutisha kwishyura ubwisungane mu kwivuza (Mutuelle de Santé), nyuma y’uko imibare igaragaza ko ubwitabire...
Aborozi bo mu Karere ka Nyagatare bavuga ko igitabo cy’imfashanyigisho cyamuritswe ku mugaragaro kizabafasha kongera ubumenyi mu bworozi bwa kijyambere,...
Aborozi bo mu Karere ka Nyagatare bijejwe ko mu minsi ya vuba bagiye gushyirirwaho igiciro cyihariye cy’amata bagurisha, nyuma y’uko...
Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ubuzima bw’abaturage no gukumira indwara hakiri kare, abaturage basaga ibihumbi 17 bo mu mirenge...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare bwakanguriye abakora n’abanywa inzoga kubahiriza amabwiriza agenga ubuziranenge bwazo, nyuma yo kumena litiro zisaga 10,500 z’inzoga...
Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Umutungo Kamere w’Amazi (RWB) kiratangaza ko kwishyura ingurane z’abaturage bagizweho ingaruka n’umushinga w’urugomero rwa Muvumba (Muvumba Multipurpose...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyagatare bwasabye urubyiruko gukoresha neza igihe cy’ibiruhuko, rwimakaza imyitwarire myiza, indangagaciro z’umuco Nyarwanda no kwirinda ibishuko, binyuze...
© 2025 MUHAZI YACU