MUHAZI YACU
  • AHABANZA
  • Amakuru
  • Ishoramari
  • Ubukerarugendo
  • Ubuhinzi & Ubworozi
  • Siporo & imyidagaduro
Nta gisubizo
Reba ibisubizo byose
MUHAZI YACU
  • AHABANZA
  • Amakuru
  • Ishoramari
  • Ubukerarugendo
  • Ubuhinzi & Ubworozi
  • Siporo & imyidagaduro
MUHAZI YACU
Nta gisubizo
Reba ibisubizo byose

Rwanda FDA yakuyeho ibyangombwa by’abari bemerewe gutumiza Alukoro mu mahanga

David TwizeyimanaYanditswe na David Twizeyimana
01/08/2026

Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Kugenzura Ibiribwa n’Imiti (Rwanda FDA) cyatangaje ko gihagaritse uburenganzira bwose bwari bwarahawe abantu n’ibigo bwo gutumiza mu mahanga alukoro (Ethanol/Neutral Spirit), ndetse gisaba abafite ibyo byangombwa kongera kubisaba hakurikijwe amabwiriza mashya.

Mu itangazo rusange ryashyizwe ahagaragara ku wa 31 Nyakanga 2026, Rwanda FDA yavuze ko iki cyemezo gifashwe hashingiwe ku Itegeko No 003/2018 ryo ku wa 09 Gashyantare 2018, rigena inshingano n’imikorere by’iki kigo.

Rwanda FDA yasobanuye ko impushya zose zari zaratanzwe mbere zo gutumiza mu mahanga alukoro zitagifite agaciro guhera ubu, bityo abazifite bakaba batemerewe kongera kuzikoresha.

Iki kigo cyatangaje kandi ko abantu cyangwa ibigo byose bifite gahunda yo gutumiza alukoro (Ethanol/Neutral Spirit) bagomba kongera gusaba uburenganzira bushya, bakurikije amabwiriza n’ibisabwa biriho ubu.

Rwanda FDA ivuga ko iki cyemezo kigamije kurushaho kurengera ubuzima bw’abaturage no gukomeza kugenzura neza ikoreshwa n’itumizwa ry’ibi bikoresho bishobora kwifashishwa mu nganda zitandukanye.

Ikigo cyasoje gisaba abafatanyabikorwa bose kubahiriza aya mabwiriza mashya, kigashimangira ko azatangira kubahirizwa ako kanya.

Sangiza iyi nkuru:

  • Tweet
  • Share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Share on Telegram (Opens in new window) Telegram
  • Share on Reddit (Opens in new window) Reddit
  • Share on Tumblr
  • Email a link to a friend (Opens in new window) Email
  • Print (Opens in new window) Print
Sangiza kuri FacebookSangiza kuri XSangiza kuri Whatsapp

UMWANDITSI

David Twizeyimana

David Twizeyimana

Izo bijyanye

Expo-Kayonza: Nta cyuma ibyishimo birahari-Meya Hategekimana
Amakuru

Expo-Kayonza: Nta cyuma ibyishimo birahari-Meya Hategekimana

22/08/2026
Rwamagana: 90% by’abagore bari mu bikorwa by’iterambere
Abagore

Rwamagana: 90% by’abagore bari mu bikorwa by’iterambere

22/08/2026
Rwamagana: Irondo ry’umwuga ryafashe umugabo ukekwaho kwiba inka eshatu
Amakuru

Rwamagana: Irondo ry’umwuga ryafashe umugabo ukekwaho kwiba inka eshatu

22/08/2026
Ngoma: Urubyiruko rushaka gukora ubuhinzi rudafite ubutaka rwagiriwe inama
Amakuru

Ngoma: Urubyiruko rushaka gukora ubuhinzi rudafite ubutaka rwagiriwe inama

22/08/2026

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Inkuru ikurikira
Abana benshi bazi gusoma ariko ntibasobanukirwe ibyo basomye- Minisitiri Nsengimana

Abana benshi bazi gusoma ariko ntibasobanukirwe ibyo basomye- Minisitiri Nsengimana

MUHAZI YACU

© 2025 MUHAZI YACU

ABO tURIBO

  • Abo Turibo
  • Twandikire

Dukurikire

Nta gisubizo
Reba ibisubizo byose
  • Ahabanza
  • Amakuru
  • Ubukerarugendo
  • Mu Mafoto
  • Siporo & imyidagaduro
  • Abo Turibo
  • Twandikire

© 2025 MUHAZI YACU